MINISPORTS yashyizeho amabwiriza asubukura ibikorwa bya Siporo areba n’abatarabigize umwuga

Minisiteri ya Siporo y’u Rwanda yashyizeho amabwiriza mashya yo gusubukura ibikorwa bya Siporo hubahirizwa gahunda yo kwirinda COVID-19

Nyuma y’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu tariki 11 Kanama 2021, iagasubukura bimwe mu bikorwa byari byarahagaritswe birimo n’ibya Siporo, Minisiteri ya Siporo yatangaje amabwiriza mashya arimo gusubukura bimwe mu bikorwa byari byarahagaritswe.

Bimwe mu bikorwa byasubukuwe harimo Siporo ikorwa n’umuntu ku giti cye, hakabamo imikino n’amarushanwa (shampiyona) ariko hagashyirwaho ingamba zigaragara ko biteguye gukumira icyorezo cya COVID-19.

Amabwiriza mashya n’ingamba zo kwirinda COVID-19

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

mwiriwe neza twishimiye ibyemezo mwafashe ariko ikibazo hari abo tudafite amikoro kandi dushaka kuzaba abakinnyi bakomeye bejo hazaza murakoze

shima clevis yanditse ku itariki ya: 15-08-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka