Nk’uko ikipe ya Rayon Sports yari yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu iza gukora amateka igatangiza igikorwa kidasanzwe, yaje gutangiza umushinga wo kubarura abakunzi ba Rayon Sports hakoreshejwe telephone igendanwa.
Si ubwa mbere ikipe ya Rayon Sports itangije umushinga wo kubarura abafana, gusa kuri iyi nshuro ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko bitandukanye n’ibyabanje kuko ubu bavuga ko babanje kubiganira n’abagize amatsinda y’abafana.
Abayobozi ba Rayon Sports kandi batangaje ko impamvu ituma bizeye ubu buryo, harimo no kuba ari bo ubwabo bari kwikorera iyi gahunda, bitandukanye n’uko byagenze mu minsi yabanje
Photo: Roger Marc Rutindukanamurego
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Twabikunze cyane maze twiyubakire ikipe IMANA yatwihereye njye nabisoje cyane gusa nomero batanga umaze kwishyura yumunyamuryango niyihe ko ntayo twabonye mutubarize