Ku munota wa nyuma, Rayon Sports itsinzwe na Police FC

Ku nshuro ya kane muri shampiyona Rayon yongeye gutsindwa, aho itsinzwe na Police igitego 1-0

Ni umukino ikipe ya Rayon Sports yari yagiye ihusha uburyo bwinshi bwashoboraga kuvamo igitego.

Ku munota wa 91 w’umukino, Police FC yaje gutsinda igitego cyatsinzwe na Jean Paul Uwimbabazi, ku mupira yacunze ko Bashunga Abouba yari ahagaze nabi ahita amurenza umupira.

Igitego Rayon yagishatse irakibura kugeza itsinzwe ku munota wa nyuma (Ifoto: Igihe)
Igitego Rayon yagishatse irakibura kugeza itsinzwe ku munota wa nyuma (Ifoto: Igihe)

Uyu mukino Rayon Sports itsinzwe, ubaye uwa kane nyuma yo gutsindwa na Mukura, Kiyovu, APR FC, ndetse ikananganya na Espoir

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Rayon nikomerezaho

Nkubana b pogba yanditse ku itariki ya: 11-01-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka