Kiyovu Sports yahagaritse uwari Umunyamabanga mukuru wayo

Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko uwari Umunyamabanga Mukuru wayo Munyengabe Omar yahagaritswe kubera kutuzuza inshingano ze

Tariki 27/09/2020 ni bwo ikipe ya Kiyovu Sports yatoye Komite nshya iyobowe na Mvukiyehe Juvenal, aho Uwatowe nk’Umunyamabanga Mukuru yari Munyengabe Omar, bakaba baratorewe kuyobora iyi kipe mu gihe cy’imyaka ine.

Munyengabe Omar yari imaze imyaka itatu kuri uyu mwanya
Munyengabe Omar yari imaze imyaka itatu kuri uyu mwanya

Mu ibaruwa yandikiwe na Perezida w’umuryango wa Kiyovu Sports Ndorimana Jean François Régis, yamumenyesheje ko ahagaritswe ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru kubera kumara umwaka w’imikino nta gikorwa na kimwe cy;ikipe agaragayemo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka