Amakuru dukesha ibinyamakuru byo muri Kenya, avuga ko uyu rutahizamu yatanzweho ibihumbi 80 by’amadollars (AKabakaba 69,512,401.85RWF) n’ikipe ya Simba, binyuze ku muherwe uyobora iyi kipe Mohammed “MO” Dewji.
Meddie Kagere yakiniye amakipe atandukanye yo mu Rwanda arimo Mukura VS, Police Fc ndetse na Rayon Sports. akaba yakiniraga ikipe ya Gor Mahia aho ari nawe warangije Shampiona y’uyu mwaka ayitsindiye ibitego byinshi.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|