Jacques Tuyisenge ukinira APR FC n’Amavubi yateye ivi (AMAFOTO)

Rutahizamu w’ikipe y’Amavubi na APR FC Jacques Tuyisenge yasabye umukunzi we kuzabana akaramata arabimwemerera

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’abakina imbere mu gihugu Jacques Tuyisenge, yakoze umuhango uzwi nko gutera ivi wo gusaba umukunzi we ko bazabana, anamwambika impeta.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 6 )

Iyi ni comedy cyangwa full movie cyangwa promotion ya circus. Ni gute atera ivi uwo munsi ntahindure imyenda yambaye we numugore, bagakomeza gusezerana muri ya myenda tu???

Daniel Sabiiti yanditse ku itariki ya: 19-02-2021  →  Musubize

Congz big brother, your fan from kigali rwanda, God bless your new step and your new family, never give up, i remember you when you are in CHAN

nado serge yanditse ku itariki ya: 19-02-2021  →  Musubize

Bazabyare Hungu na Kobwa.Ibintu bidushimisha cyane.kurusha ibindi Imana yaduhaye,ni Ubukwe no Kubyara.Byombi ni IMPANO y’Imana.Gusa tugomba kwibuka ko Imana ishaka ko Umugore n’Umugabo "baba umubiri umwe" nkuko Intangiriro 2,umurongo wa 24 havuga.Ikibabaje nuko ababyubahiriza ari bake.Couples nyinshi zicana inyuma,bakarwana, bagatandukana,ndetse bakicana.Amadini amwe nayo akabeshyera Imana ngo ibemerera gutunga abagore benshi.Nkuko Yesu yabisobanuye muli Matayo 19,umurongo wa :6,Imana yihoreye Abayahudi batunga Abagore benshi,ngo kubera ko bali barananiye Imana.Niba dushaka kuzaba muli paradizo,tugomba kumvira Imana muli byose.

matabaro yanditse ku itariki ya: 19-02-2021  →  Musubize

Feresitasiyo musore wacu turagushyingikiye pe kuriyonwabwe wateye ukabwiza ukuri umukunzi wawe ko uruwe iteka ryose

Samuel yanditse ku itariki ya: 18-02-2021  →  Musubize

Ririya ateye nizereko atari ryarindi ryavunikiye Cameroun cyanga umukunzi yarikanze?

Yusufu yanditse ku itariki ya: 18-02-2021  →  Musubize

Nge ndumva yarikanze kuko ryari ryavunitse bikabije.ariko ibyo byose tubiretse urugo rwabo rurashimishije peeeeee. yooooooo imana ibahe kuzororoka.

alias yanditse ku itariki ya: 19-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka