Issa Bigirimana wakiniraga APR FC na we yerekeje muri Yanga yo muri Tanzania

Rutahizamu ukomoka i Burundi Issa Bigirimana wakiniraga APR FC, yamaze kwerekeza mu ikipe ya Young Africans agomba gukinira imyaka ibiri

Issa Bigirimana usanzwe ari rutahizamu wa APR FC nawe wari umaze iminsi atari mu Rwanda, yamaze kwerekeza mu ikipe ya Young Africans izwi nka Yanga, aho yayisinyiye imyaka ibiri.

Issa Bigirimana yerekeje muri Yanga yo muri Tanzania
Issa Bigirimana yerekeje muri Yanga yo muri Tanzania

Uyu rutahizamu wari umaze iminsi adahabwa umwanya wo gukina muri APR FC n’umutoza Zlatko, yerekeje muri iyi kipe aho bivugwa ko yari yerekeje muri Tanzania ikipe ye itabizi, akaba asanzeyo Sibomana Patrick nawe wasinye ku munsi w’ejo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

najyende abareyo twaruka!

DANIL yanditse ku itariki ya: 29-05-2019  →  Musubize

kbx issa najy kugeragez amahirw pe

nyembo yanditse ku itariki ya: 29-05-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka