Isima Musa ukina mu Bwongereza yakoranye imyitozo ya mbere n’Amavubi (AMAFOTO)

Rutahizamu Isima ukina mu Bwongereza, ymaze kugera mu mwiherero w’Amavubi aho yakoranye n’abandi bakinnyi imyitozo itegura CECAFA

Abakinnyi bahamagawe mu ikipe y’igihugu iri kwitegura CECAFA izabera muri Ethiopia guhera tariki 17/0/2021, bakomeje imyitozo kuri Stade Amahoro iyobowe n’umutoza mukuru Habimana Sosthéne.

Isima Musa yakoze imyitozo ya mbere mu ikipe y'igihugu Amavubi
Isima Musa yakoze imyitozo ya mbere mu ikipe y’igihugu Amavubi

Isima Musa ubarizwa mu gihugu cyu Bwongereza ariko kugeza ubu akaba nta kipe afite, ni umwe mu bakinnyi babarizwa hanze y’u Rwanda bahamagawe ngo bazitabire iyi CECAFA, akaba yakoze imyitozo ye ya mbere mu ikipe y’igihugu Amavubi.

Uyu rutahizamu Isima Musa aje yiyongera ku mukinnyi SAMUEL Gueulette ukinira RAAL La Louvière yo mu Bubiligi wamaze gutangira imyitozo, hakaba hategerejwe Mitsindo Yves ukina mu ikipe ya S.C Charleroi yo mu Bubiligi.

Abakinnyi bahamagawe mu Ikipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 23 :

Abanyezamu :

NTWARI Fiacre (Marine FC), HAKIZIMANA Adolphe (Rayon Sports FC), ISHIMWE Jean Pierre (APR FC), TWAGIRAYEZU Amani (Bugesera FC)

Abakina inyuma

NIYIGENA Clément (Rayon Sports FC), BUREGEYA Prince (APR FC), RWABUHIHI Aimé Placide (APR FC), NDAYISHIMIYE Thierry (Marine FC), MUKENGERE Christian (Bugesera FC), MUTSINZI Ange (APR FC), ISHIMWE Christian (AS Kigali), NDAYISHIMIYE Dieudonné (APR FC), HAKIZIMANA Félicien (Marine FC), NSHIMIYIMANA Emmanuel (Gorilla FC)

Abakina Hagati :

RUBONEKA Jean Bosco (APR FC), MUGISHA Bonheur (Mukura VS&L), NTIRUSHWA Aimé (Police FC), NIYONZIMA Olivier (APR FC), MITSINDO Yves (S.C Charleroi), ISHIMWE Saleh (Kiyovu SC), MANISHIMWE Djabel (APR FC), ISHIMWE Anicet (APR FC), SAMUEL Gueulette (RAAL La Louvière, Belgium)

Ba rutahizamu

NSANZIMFURA Keddy (APR FC), NYIRINKINDI Saleh (Kiyovu SC), BYIRINGIRO Lague (APR FC), RUGANGAZI Prosper (Gasogi United), IRAGUHA Hadji (Rutsiro FC), NIYIBIZI Ramadhan (Etincelles FC), BIRAMAHIRE Abeddy (AS Kigali), MUGUNGA Yves (APR FC), BIZIMANA Yannick (APR FC), RUDASINGWA Prince (Rayon Sports FC), NSHUTI Innocent (APR FC), SIMA Moussa (England)

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 6 )

Bjr,ariko se kuki coach ashobora guhamagara umukinnyi udakina cg udafite ikipe koko? Ntabona ko aba yangije amahirwe y undi wakagakinnye kandi ufite ni ikipe? Aha niho rero abatoza bacu bihera basuzugurwa ni kutemerwa.wahamagaye abahari bashoboye utagendeye ku mazina cg kuko ahari wabisambwe ? Nsinzi

Nkusi yanditse ku itariki ya: 6-07-2021  →  Musubize

Bjr,ariko se kuki coach ashobora guhamagara umukinnyi udakina cg udafite ikipe koko? Ntabona ko aba yangije amahirwe y undi wakagakinnye kandi ufite ni ikipe? Aha niho rero abatoza bacu bihera basuzugurwa ni kutemerwa.wahamagaye abahari bashoboye utagendeye ku mazina cg kuko ahari wabisambwe ? Nsinzi

Nkusi yanditse ku itariki ya: 6-07-2021  →  Musubize

Bjr,ariko se kuki coach ashobora guhamagara umukinnyi udakina cg udafite ikipe koko? Ntabona ko aba yangije amahirwe y undi wakagakinnye kandi ufite ni ikipe? Aha niho rero abatoza bacu bihera basuzugurwa ni kutemerwa.wahamagaye abahari bashoboye utagendeye ku mazina cg kuko ahari wabisambwe ? Nsinzi

Nkusi yanditse ku itariki ya: 6-07-2021  →  Musubize

Bjr,ariko se kuki coach ashobora guhamagara umukinnyi udakina cg udafite ikipe koko? Ntabona ko aba yangije amahirwe y undi wakagakinnye kandi ufite ni ikipe? Aha niho rero abatoza bacu bihera basuzugurwa ni kutemerwa.wahamagaye abahari bashoboye utagendeye ku mazina cg kuko ahari wabisambwe ? Nsinzi

Nkusi yanditse ku itariki ya: 6-07-2021  →  Musubize

Bjr,ariko se coach ahamaagara Ku mukinnyi udakina cg udafite ikipe ngo yunguke iki? Ntabona ko Hari amahirwe y undi aba yanginje,ntiyakwingana akazamutumira yatangiye gukina.Abatoza bacu baracyifitemo amarangamutima yarangiye muri foot

Nkusi yanditse ku itariki ya: 6-07-2021  →  Musubize

Ahubwo se ko niyo ushakishije aho yaba yarakinnye uhabura. Uyu Isima yahamagawe hakurikijwe iki? Mubaye muzi aho yakinnye mwatubwira.

Moussa yanditse ku itariki ya: 2-07-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka