Mu gihe hasojwe imikino ibanza ya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru, twahisemo kubereka zimwe mu nyogosho zidasanzwe zigaragara muri shampiyona y’u Rwanda
Umupira w’amaguru ni kimwe mu bintu bikunzwe cyane, ndetse bigatuma n’abawukina baba mu bantu bazwi cyane ndetse banakurikirwa n’abantu benshi, ibi binatuma abakinnyi b’umupira w’amaguru nabo ubwabo bakunda kugaragara mu buryo budasanzwe.
Mu gihe amakipe ari kwitegura gutangira imikino yo kwishyura izatangira ku wa Gatandatu tariki 12/02/2022, reka tubereke zimwe mu nyogosho zidasanzwe zigaragara ku bakinnyi bo mu Rwanda mu makipe atandukanye akina icyiciro cya mbere.
Uri umurayon wujuje ibitamburisho tu!