Imikino y’ibirarane muri Shampiona y’u Rwanda yashyizwe muri Kamena

Imikino itarakiniwe igihe muri Shampiona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yamaze gushyirwa muri Kamena 2018, mu nama yahuje abayobozi b’amakipe

Nyuma y’aho imikino y’ibirarane muri Shampiona y’u Rwanda yari imaze kuba myinshi, kuri uyu wa Mbere ubuyobozi bwa Ferwafa bwicaranye n’abayobozi b’amakipe yo mu cyiciro cya mbere, bumvikana ko Shampiona igomba kurangira tariki 01/07/2018.

Ikirarane cya Rayon Sports n'Amagaju cyashyizwe kuri Stade Amahoro tariki 05/06/2018
Ikirarane cya Rayon Sports n’Amagaju cyashyizwe kuri Stade Amahoro tariki 05/06/2018

Uko gahunda y’imikino y’ibirarane izakinwa

Umunsi wa 20, 02/06/2018 RAYON SPORTS FC vs POLICE FC KIGALI STADIUM
Umunsi wa 22, 02/06/2018 MIROPLAST FC vs MUKURA VS&L,MIRONKO STADIUM
Umunsi wa 21, 03/06/2018 ETINCELLES FC vs MARINES FC, Stade UMUGANDA
Umunsi wa 22, 05/06/2018 RAYONS SPORTS FC vs AMAGAJU FC, AMAHORO
Umunsi wa 22, 06/06/2018 AS KIGALI vs MARINES FC, KIGALI STADIUM
Umunsi wa 23, 08/06/2018 MUSANZE FC vs RAYON SPORTS FC, UBWOROHERANE
Umunsi wa 23, 09/06/2018 MARINES FC vs SC KIYOVU, Stade UMUGANDA
Umunsi wa 22, 10/06/2018 APR FC vs POLICE FC, KIGALI STADIUM
Umunsi wa 24, 12/06/2018 BUGESERA FC vs MARINES FC, BUGESERA.

Nyuma yo gukina iyi mikino y’ibirarane, ni bwo hazakomeza indi mikino ya Shampiona kuva ku munsi wa 26 wa Shampiona, aho ikipe ya APR Fc izahita yakira mukeba Rayon Sports, umukino uzabera kuri Stade Amahoro.

Gahunda y’umunsi wa 26, tariki 16/06/2018

APR FC vs RAYON SPORTS FC, AMAHORO STADIUM
MIROPLAST vs ETINCELLES FC, MIRONKO
KIREHE FC vs AS KIGALI, KIREHE
ESPOIR FC vs AMAGAJU FC, RUSIZI
POLICE FC vs MARINES FC, KICUKIRO STADIUM
GICUMBI FC vs MUSANZE FC, GICUMBI
MUKURA VS&L vs SUNRISE FC, HUYE STADIUM
BUGESERA FC vs SC KIYOVU, BUGESERA

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Imikino yashizwe muri KAMENA 2016 ??????? gABANYA SOMA GAKE WANA.

GIKUNDIRO yanditse ku itariki ya: 22-05-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka