Ibigwi n’amateka bya Sabiti Maitre wabaye icyamamare muri ruhago (IKIGANIRO)

Kurikirana ikiganiro KT Radio yagiranye na Hakizimana Sabiti Maitre, umukinnyi w’icyamamare wakinnye umupira w’amaguru mu bihe byo hambere ari myugariro udasimburwa mu ikipe y’igihugu, Amavubi.

Abakinanaga n'uyu mukinnyi, Sabiti Maitre bamwitaga nyirurugo kubera uburyo yari myugariro ukomeye
Abakinanaga n’uyu mukinnyi, Sabiti Maitre bamwitaga nyirurugo kubera uburyo yari myugariro ukomeye
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Yagize ibihebyiza kandinoneho asigaye avuga ikinyarwandakinshi
mbereyavugaga igiswayilikinshi.

emmanuel yanditse ku itariki ya: 16-02-2017  →  Musubize

Niwe mukinnyi wenyine wakinnye imyaka myinshi muri championat akaguma ku rwego rwo hejuru. Koko ntawundi wari waboneka mu rwanda. Iyo aba ari ubu aba akina i buraya mu makipe akomeye. Ndetse na mukuru wa sabiti wari umuzamu wa rayon sport bari abahanga pe.

Bosco yanditse ku itariki ya: 27-08-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka