Ibiganiro hagati ya Rayon Sports na Muhadjili ntacyo byatanze

Ibiganiro byabaye kuri uyu wa Gatanu byashoboraga gutuma Muhadjili asinyira Rayon Sports, byarangiye impande zombi zitumvikanye

Mu rwego rwo gutegura umwaka w’imikino wa 2020/2021, ikipe ya Rayon Sports kimwe
n’andi makipe, irifuza gusinyisha abakinnyi bazayifasha.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, imbonankubone ikipe ya Rayon Sports yakoze ibiganiro na Hakizimana Muhadjili, biza kurangira impande zombi zitumvikanye ngo amasezerano asinywe.

Muri ibi biganiro, impande zombi zumvikanye ku mafaranga Miliyoni 15 Frws Muhadjili yagombaga guhabwa, ariko birangira Hakizimana Muhadjili asabye iminsi yo gutekereza ku masezerano agomba gusinya.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Mwaramutse neza? No Eric gikundiro nikomeze yiyubake turayikunda cyane.noex muhadjiri harikipe yaba yabayarasinyiye? Thnx turabakurikirana I musanze no Eric

Nshimiyimana Eric yanditse ku itariki ya: 30-06-2020  →  Musubize

muhagiri wowe igarukire mu gikona ubundi dutwike kbx

Bizimana eric yanditse ku itariki ya: 29-06-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka