Guhera taliki ya 16/01 kugera taliki ya 07/02/2016 mu Rwanda harabera igikombe cy’Afrika gihuza abakinnyi bakina imbere mu gihugu,irushanwa rizaba rikinirwa ku bibuga bine mu Rwanda.
Komite y’imbere mu gihgu ishinzwe gutegura aya marushanwa,ikaba yamaze gutangaza ibiciro byo kwinjira mu ma Stades yose,aho igiciro kinini kizaba ari ibihumbi icumi (10,000Frws) naho igito kikama magana atanu y’amanyarwanda (500Frws)
Stade Amahoro
Mu cyubahiro aha mbere (VVIP): 10,000
Mu cyubahiro aha kabiri (VIP):5,000
Ahandi hatwikiriye: 2,000
Ahasigaye hose: 500
Stade ya Kigali i Nyamirambo
Mu cyubahiro aha mbere (VVIP): 10,000
Mu cyubahiro aha kabiri (VIP):5,000
Ahandi hatwikiriye: 2,000
Ahasigaye hose: 500
Stade Umuganda ya Rubavu
Mu cyubahiro aha mbere (VVIP): 10,000
Mu cyubahiro aha kabiri (VIP):5,000
Ahandi hatwikiriye: 2,000
Ahasigaye hose: 500
Stade Huye
Mu cyubahiro aha mbere (VVIP): 5,000
Mu cyubahiro aha kabiri (VIP):3,000
Ahandi hatwikiriye: 1,000
Ahasigaye hose: 500
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
nibyiza cyne pe gusa byaba akarusho batubwiye aho tuzagurira amatike hakiri kare.
nibyiza ko ibiciro bitangajwe kare ariko byaba byiza kurusha banatangaje mbere aho amatike azagurishirizwa then amatike akajya anagurishwa kare
ibihugu bizokwinjira muri chaane
Ibicirobya ma couple ko nabihari.
Turashimira comite itegura iyi mikino ya CHAN kuko iri kugerageza ariko tubisabire ko bagabanya ibiciro kuri stade Huye kuko urebye nahatwikiriye ntihameze neza kurugero twifuzaga. Imvura iguye abantu babura aho bayihungira
kubera iki ibiciro byo kwinjira kuri stade ya huye bitandukanye no kuyandi ma stade.
KO BATATUBWIYE AHO AMATIKE AZAGURISHIRIZWA