Henry Muhire wari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA yahagaritswe

Umunyamabanga mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Henry Muhire yamaze guhagarikwa mu kazi ke

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda "FERWAFA" rimaze gutangaza ko Henry Muhire wari Umunyamabanga Mukuru w’iri shyirahamwe yahagaritswe mu nshingano ze kubera amakosa yakoze mu kazi.

Ahagaritswe nyuma y’ibibazo byabaye muri shampiyona y’icyiciro cya kabiri, aho ikipe ya Rwamagana City yari yasezerewe ishinjwa gukinisha umukinnyi ufite amakarita atatu y’umuhondo, nyuma bikagaragara ko bitari byo.

Delphine Uwanyiligira usanzwe ari Komiseri w'amategeko ni we uzakora nk"Umunyamabanga Mukuru w'agateganyo
Delphine Uwanyiligira usanzwe ari Komiseri w’amategeko ni we uzakora nk"Umunyamabanga Mukuru w’agateganyo

National Football League

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka