Henry Muhire wahoze ari umunyamakuru yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa Ferwafa

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gutangaza ko Henry Muhire ari we munyamabanga mukuru mushya wa Ferwafa

MUHIRE Henry Brulart wigeze kuba umunyamakuru w’imikino kuri Radio Flash Fm, ni we wemejwe nk’Umunyamabanga Mukuru mushya wa FERWAFA, nyuma yo kwegura kwa Uwayezu François Regis wari usanzwe kuri uwo mwanya.

Muhire Henry, Umunyamabanga Mukuru mushya wa Ferwafa
Muhire Henry, Umunyamabanga Mukuru mushya wa Ferwafa
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka