Nyuma yo gusubika uyu mukino inshuro ebyiri wo kwishyura wagombaga guhuza ikipe ya Rayon Sports n’Intare FC hakaza no kwitabazwa komisiyo y’ubujurire ya FERWAFA, uyu mukino wamaze guhabwa amatariki mashya.

Rayon Sports n’Intare FC bazakina umukino wo kwishyura tariki 19/04/2023
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gutangaza ko uyu mukino ugaomba kuba tariki 19 Mata 2023, uyu mukino ukazakirwa n’ikipe ya Rayon Sports kuri Stade ya Bugesera ku i Saa Cyenda z’amanywa.
Kugeza ubu ikipe y’Intare FC yaherukaga gutangaza ko itazigera ikina umukino wo kwishyura na Rayon Sports ahubwo iri kwitegura umukino wa ¼ na Police FC, ntiratangaza niba ubu yamaze kwemera kuzakina uyu mukino wahawe andi matariki.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
TURAJEDUKUBITEAYEKIGAI
AMAKURU RUV UYANGA