Habimana Sosthène yongeye kugirwa umutoza w’Amagaju

Ikipe y’Amagaju iheruka kumanuka mu cyiciro cya kabiri, yamaze gushyiraho Habimana Sosthene wahawe inshingano zo gukura Amagaju mu cyiciro cya kabiri

Kuri uyu wa mbere Ubuyobozi bw’ikipe y’Amagaju, bwatangaje ko bwamaze gusinyisha Habimana Sosthene nk’umutoza mukuru w’Amagaju.

Uyu mutoza wigeze no gutoza Amagaju mu mwaka w’imikino wa 2017/2018, yahawe inshingano zo gufasha Amagaju kudatinda mu cyiciro cya kabiri, aho agomba no guhita atangira no gushakisha abakinnyi bashya.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka