FERWAFA nayo imaze kwemerera Rafael da Silva gukinira Rayon Sports

Rutahizamu w’umunya-Brazil Jonathan Rafael da Silva yamaze guhabwa uburenganzira na FERWAFA bwo gutangira gukinira Rayon Sports

Uyu mukinnyi ni umwe mu mazina yagarautsweho cyane kuva yavugwa ko agiye kuza muri Rayon Sports, biza kuba ibindi ubwo FIFA yahaga icyangombwa mpuzamahanga kizwi nka ITC (International Transfer Certificate) kimwemerera gukinira Rayon Sports.

Nyuma yo guhabwa ITC na FIFA, hari hasigaye hahanzwe amaso Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda "FERWAFA", ngo ribe ryakwemerera uyu mukinnyi gutangira gukinira Rayon Sports, by’umwihariko agatangira ahura na APR FC kuri uyu wa Gatatu.

Licence ya Ferwafa yemerera Rafael da Silva gukinira Rayon Sports
Licence ya Ferwafa yemerera Rafael da Silva gukinira Rayon Sports

Kuri uyu wa Gatatu, ni bwo FERWAFA nayo yamaze guha icyangombwa (Licence) kimwemerera gutangira gukinira Rayon Sports mu marushanwa ategurwa na FERWAFA arimo Shampiona n’igikombe cy’Amahoro.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 11 )

UVAMA,NANJENUNSE NABASABAUBCUTI

HABIMANA.EVALISITE yanditse ku itariki ya: 16-12-2018  →  Musubize

nanje habimana kamubga? ndabyi shimiye .? mugubwneza,

HABIMANA.EVALISITE yanditse ku itariki ya: 16-12-2018  →  Musubize

AMAKU RUYAREYO

HABIMANA.EVALISITE yanditse ku itariki ya: 16-12-2018  →  Musubize

KABISAIBNUNIHATARI

HABIMANA.EVALISITE yanditse ku itariki ya: 16-12-2018  →  Musubize

TWISHIMIYE INSINZI YA APR AFC YARAYAYE ITURAJE NEZA MUMURENGE WA SHINGIRO AKARERE KA MUSANZE.

BIGIRIMANA yanditse ku itariki ya: 13-12-2018  →  Musubize

FERWAFA NIKORE AKAZI IJYE IREKA GUKORERA KUJISHO MUGIHE BATARAMENYA KWIFATIRA UMWANZURO BIZABAGORA CYANE UBUSE GUTE UMUKINNYI YAJE AKAMARA IBYUMWERU 2 ATARAHABWA LIECENCE UBUNDI FIFA IKIMARA KUBAHUZA NA RAFAER NABK BARIGUHITA BASORA LIECENCE NTABYO KUDUTESHA UMUTWE

NIYONZIMA RUSIZI PATRICK yanditse ku itariki ya: 12-12-2018  →  Musubize

Icyo cyangombwa reka tukite MVUYEKURE kuko abafana b’APEUR nako abayobozi ba FERWAFA bari barangije gufata icyemezo cyo kugitanga ejo match y’uyu munsi yararangiye. VIVE ITANGAZAMAKURU mu mupira w’amaguru mu Rwanda , niryo dufite ryonyine MU KWIBOHORA, abayobozi ba FERWAFA bo baracyaboshye mu mitekerereze.
AKUMIRO N’INDA NAHO AMAVUNJA ARAHANDURWA.

ahahaha yanditse ku itariki ya: 12-12-2018  →  Musubize

Ikaze kuri Rafael twari tugutegereje cyane nibwo Ferwafa yabanje kugira cyane arko bakabonana bisubiyeho.

François yanditse ku itariki ya: 12-12-2018  →  Musubize

Twishimiye icyemezo cyane FERWAFA cyo gutanga icyangombwa kuri Rafael, kandi dushimiye ubuyobozi bwa Rayon Sport bwskoneje gukurikirana iki kibazo.turamwakiriye arisanga

Evode yanditse ku itariki ya: 12-12-2018  →  Musubize

numvaga mwasakuje ngo FERWAFA YANZE KUBAHERA UMUKINNYI WANYU IBYANGO MBWA NGO APR ITABATSINDA NONE BIRASHIMISHIJE CYANE KUBA TUGIYE KUBAKUBITA MUFITE N’ABAZUNGU

Francois Regis yanditse ku itariki ya: 12-12-2018  →  Musubize

Twanezerewe kdi twaraye neza kuba FERWAFA yatanze icyangombwa kururiya muzungu akaba yakinnye bikaba byafashije GIKUNDIRO, RAYONSPORT GASENYI IKIPE YABANYARWANDA IKIPE YABOSE kwitwara neza mumukino wayihuje na APR kuruyu was 12/12/2018 aho Gasenyi yitwaye neza inganya n APR 2-1

Oye oye oye gasenyi komereza ago kabisa intinzwi yawe ishimishije benshi. Nibura amahiro yabonetse urusaku rwanyu rwari gutuma tudasinzira. Uburyo musakuza mugateza akajagari nibyo bituma abakunda umupira batabifuriza gutsida. Mukomerezaho

N.E Mushumba yanditse ku itariki ya: 13-12-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka