Kuri Stade ya Mumena i Nyamirambo aho ikipe ya Kiyovu Sports isanzwe ikorera imyitozo, kuri uyu munsi mu myitzo ya mu gitondo bakiriye abakinnyi babiri babiri bakomoka muri Uganda ari bo Emmanuel Okwi na Muzamir Mutyaba.
Aba bakinnyi uko ari babiri bari bamaze iminsi bategerejwe mu Rwanda, aho Okwi yaje mu Rwanda agasinya amasezerano akongera agasubira iwabo muri Uganda. Aba bakinnyi uko ari babiri bitezwe mu mukino wa mbere wa Shampiyona iyi kipe izakina na Gorilla ku wa Gatandatu kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|