Emery Bayisenge yakiriwe n’abafana banatsindira umwambaro w’ikipe ye nshya

Kuri uyu wa mbere abafana b’ikipe ya SAIF Sporting Club yo muri Bangladesh bakriye abakinnyi batatu barimo na Emery Bayisenge wamaze kuyinjiramo

Abafana benshi b'iyi kipe bari bitabiriye uyu muhango
Abafana benshi b’iyi kipe bari bitabiriye uyu muhango

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Emery Bayisenge, yamaze kugera muri Bangladesh ku mugabane wa Aziya mu ikipe itozwa na Johnathan McKinstry wahoze ari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Amavubi.

Emery Bayisenge yakirwa n'ikipe ye nshya
Emery Bayisenge yakirwa n’ikipe ye nshya

Kuri uyu wa mbere Emery Bayisenge ndetse n’abandi bakinnyi babiri bashya ari bo Jamal Bhuyan na Jafar Iqbal bahawe umwanya wo gusabana n’abafana b’iyi kipe, ndetse n’aba bakunzi b’iyi kipe baboneraho gutsindira umwambaro w’iyi kipe.

Abafana bagiye batsindira imyambaro y'ikipe
Abafana bagiye batsindira imyambaro y’ikipe
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ariko nukwitwa ngo abantu bagye gukina m mahanga, amafoto yonyine arerekana ko hariya nta buzima bifitiye rwose. Ngaho ibizu bishaje, umwanda n’abantu ubwabo rwose baragaragaza ubuukene. Hnayuma ejobundi twomve mwangije amafaranga ngo mutumyeho umukinnyi wabigize umwuga mu mavubi

kamanzi yanditse ku itariki ya: 29-01-2019  →  Musubize

Cool abanyarwanda turashoboye nazo arsenal tuzagerayo

Andrew Kaggua yanditse ku itariki ya: 29-01-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka