Nyuma y’iminsi itatu Manishimwe Djabel atangaje ko yamaze kumvikana na Gor Mahia yo muri Kenya ko agiye kuyerekezamo, Manishimwe Djabel yamaze kuba umukinnyi wa APR FC.
Kuri uyu wa mbere mu myitozo ya APR FC, Manishimwe Djabel yagaragaye mu myitozo ya APR FC ari kumwe n’abandi bakinnyi bakinanaga muri Rayon Sports ari bo Manzi Thierry, Niyonzima Olivier Sefu ndetse na Mutsinzi Ange.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Aba ni abakinnyi basanzwe ntacyo bakongera ku mitsindire y’ikipe. Gusa ni byiza kubaguze, ariko ngirango izina rya rayonsport naryo rigira uruhare muri motivation y’abakinnyi.