Djabel wavugaga ko yagiye muri Gor Mahia yerekeje muri APR FC

Manishimwe Djabel wakinga muri Rayon Sports, yatunguranye agaragara mu myitozo ya APR FC kuri uyu wa mbere

Nyuma y’iminsi itatu Manishimwe Djabel atangaje ko yamaze kumvikana na Gor Mahia yo muri Kenya ko agiye kuyerekezamo, Manishimwe Djabel yamaze kuba umukinnyi wa APR FC.

Kuri uyu wa mbere mu myitozo ya APR FC, Manishimwe Djabel yagaragaye mu myitozo ya APR FC ari kumwe n’abandi bakinnyi bakinanaga muri Rayon Sports ari bo Manzi Thierry, Niyonzima Olivier Sefu ndetse na Mutsinzi Ange.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Aba ni abakinnyi basanzwe ntacyo bakongera ku mitsindire y’ikipe. Gusa ni byiza kubaguze, ariko ngirango izina rya rayonsport naryo rigira uruhare muri motivation y’abakinnyi.

sasc yanditse ku itariki ya: 2-07-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka