Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo rutahizamu wa APR FC n’Amavubi Byiringiro Lague yagarutse mu Rwanda avuye mu gihugu cy’u Busuwisi mu igeragezwa, aho agenda byavugwaga ko agiye mu ikipe ya Fc Zurich gusa APR Fc ikaba yarabihakanye.
Nyuma yo kugera mu Rwanda, uyu mukinnyi w’imyaka 20 yagiye mu kato ndetse anipimisha COVID-19, aho kuri uyu wa Kane yahise anatangira imyitoro yo kwitegura shampiyona igomba gukomeza mu mpera z’iki Cyumweru.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|