Buri kipe ikina shampiyona y’abagore muri Maroc yahawe imodoka (AMAFOTO)

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Maroc ryahaye buri kipe ikina shampiyona y’abagore Minibus izajya ibafasha kugera ku kibuga

Kuri uyu wa Gatatu amakipe yose 16 agize shampiyona y’abagore muri Maroc (Ligue Nationale de Football Féminin), yahawe n’ishyirahamwe ryaho ry’umupira w’amaguru Bus ntoya zizwi nka Minibus, zizajya zifashishwa kugera ku bibuga.

Buri kipe y'abagore yahawe imodoka
Buri kipe y’abagore yahawe imodoka

Iri shyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Maroc ryatangaje ko impamvu zakoze iki gikorwa ari mu rwego rwo kubungabunga umutekano w’amakipe y’abagore no kwizera ko nta kipe yabura ubushobozi bwo kugera ku kibuga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

None izo Minibus ko zifunze nka amburance.

SIBOMANA Aphrodis yanditse ku itariki ya: 25-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka