Bukuru Christophe wakiniraga Rayon Sports yerekeje muri APR FC

Nyuma yo kurekurwa na Rayon Sports, Bukuru Christophe yamaze gusinya imyaka ibiri muri Rayon Sports

Bukuru Christophe usanzwe ukina mu kibuga hagati, akaba yarakiniraga Rayon Sports mu mwaka w’imikino ushize, ubu yamaze kwerekeza muri Rayon Sports.

Bukuru wagiye muri Rayon Sports avuye muri Mukura, ni umwe mu bakinnyi barekuwe n’ikipe ya Rayon Sports nyuma atari akibona umwanya ubanza mu kibuga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Inkuru yanyu yuzuyemo amakosa menshi
Mukosore

BM yanditse ku itariki ya: 22-08-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka