Bugesera FC yasezereye abakinnyi 18 icyarimwe

Nyuma y’iminsi micye APR yirukanye abakinnyi 16, Bugesera FC na yo yasezereye abakinnyi 18 icyarimwe.

Umunyamabanga Mukuru wa Bugesera FC, Sam Karenzi, yatangarije Kigali Today ko basezereye aba bakinnyi kubera ko batatangaga umusaruro ikipe yari ibitezeho.

Ati “Ni abakinnyi beza ariko barangije amasezerano kandi umutoza ntabwo yifuje gukomezanya na bo.Twarwanye no kutamanuka imyaka ibiri, impinduka zari zikenewe.’

Iyi kipe kandi yatangaje ko yamaze kugura abakinnyi 15 ikaba iteganya kongeraho abandi babiri kugira ngo isimbure aba birukanywe.

Uru ni urutonde rw’abakinnyi 18 basezerewe muri Bugesera FC

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

GOOD COMENT ME

BIZIMANA elick yanditse ku itariki ya: 21-07-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka