
Umunyamabanga Mukuru wa Bugesera FC, Sam Karenzi, yatangarije Kigali Today ko basezereye aba bakinnyi kubera ko batatangaga umusaruro ikipe yari ibitezeho.
Ati “Ni abakinnyi beza ariko barangije amasezerano kandi umutoza ntabwo yifuje gukomezanya na bo.Twarwanye no kutamanuka imyaka ibiri, impinduka zari zikenewe.’
Iyi kipe kandi yatangaje ko yamaze kugura abakinnyi 15 ikaba iteganya kongeraho abandi babiri kugira ngo isimbure aba birukanywe.
Uru ni urutonde rw’abakinnyi 18 basezerewe muri Bugesera FC

National Football League
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
GOOD COMENT ME