Degaule yari ahanganye na Rwemarika Félicité muri aya matora ari kuba kuri uyu wa Gatandatu, ariko ubu yamaze gukuramo kanditatire, hasigaye umukandida umwe ariwe Rwemarika usabwa amajwi 27 kugirango atsindire kuyobora FERWAFA.
Amakuru ari ku rubuga rwa Twitter rwa FERWAFA aravuga ko igiteye Degaule gukuramo kandidatire muri aya matora ari impamvu ze bwite ndetse n’umuryango we.
Kigali Today ibabereye muri aya matora irakomeza kuyabagezaho
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
muri politic ntakiba nta mpamvu
ntakobisa kuba avuyemo kbc yabimenyeko twaritwaramurambiwe nagenahandi.ahwiiii
yabonye byamenyekane ko yararanye n’abatesha ruhago nya Rwanda agaciro none Adorufe aragirango byibagirane abone uko amwimika Afande nkwisabire kora KINYAMWUGA Reka UBUSIVIRE. Degole Mureke. Ferwafa yayoborwa n’uwatorewe muri HOTEL Mugicuku Tukazatera Imbere Afande Adorufe Tabara Ruhago Nya Rwanda.
ngendumva degore yakomeza kuyobora kuko niwe ubishoboye
njye sinumva ukuntu yakuyemo candidature ye kumunota wa nyuma ibya ferwafa ni danger!
Birerekana ko nta manyanga yabayemo kandi ni byiza.Bitandukanye na biliya ba Blatter bayoboye FIFA imyaka n’imyaniko.Ni gake cyane amatora yo mu isi atabamo amanyanga,cyane cyane muli politike.Ugasanga presidents benshi banze kurekura ubutegetsi,nyamara bikitwa ko habaye transparency.