Bimenyimana Bonfils Caleb wakiniraga Rayon Sports, yatsindiye Rayon Sports igitego kimwe muri bibiri batsinze Etincelles.
Nyuma y’iminsi bivugwa ko Bonfils Caleb ari hafi kuva muri Rayon Sports, byaje kuba impamo nk’uko amaze kubidutangariza.
Yatangaje ko azahaguruka mu Rwanda kuri uyu wa Mbere, aho agiye kwerekeza muri Lettonie ku mugabane w’i Burayi
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Nabahe bakinnyi muteganya kugura?
turababaye rutahizamuwac kubera ajyiye