Nyuma yo guhagarika shampiyona ku munsi wa 24 kubera icyirezo cya Coronavirus, hamaze gufatwa umwanzuro ko APR FC ari yo yegukanye igikombe cy’uyu mwaka.
Ku rundi ruhande, hafashwe kandi umwanzuro ko ikipe ya Gicumbi na Heroes zari mu myanya ibiri ya nyuma zisubira mu cyiciro cya kabiri, naho amakipe ane ya mbere muri buri tsinda mu cyiciro cya kabiri akazakina imikino ya kamarampaka (playoffs) maze hakaboneka amakipe abiri azamuka.
Ku bijyanye n’igikombe cy’amahoro, hemejwe ko iki gikombe gisheshwe burundu, bivuze ko iki gikombe cy’uyu mwaka kitazakomeza kandi kitazahabwa agaciro kuko gifatwa nk’ikitarabaye uyu mwaka
Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
izi kipe zamanuwe zirarenganye ahubwo iyo zihuzwa nizo zo mukiciro cya mbere izitsinze zikazamuka Gicumbi yacu niyigendere ntako batagize ngo imanuke none bigezweho niyigarukire nonese
APR FC kumutima
Birakwiriye girinyiro yarabikoreye ariko ikinshegeshe umutima cyane nukuntu ntanyatuye akanyafu wamugore wacu rayon sport ngo mufatanye nibihe
Gusa conglataration kuri apr, kuri adil muhamed, kuri fan clubs zose
Apr fc oyeeeeee yarigikwiye ark gasenyi iraturokotse