Igitego cya Amran gikuye APR i Rusizi
Mu mukino wari witezweho byinshi, APR ibashije gutsinda ESPOIR igitego 1-0, igitego cyatsinzwe na Amran Nshimiyimana ku munota wa 17.
AS Kigali na Police rwabuze gica, birangira amanota bayagabanye
Ni umukino ikipe ya Police yari yakiriye, ariko iwakirira ku kibuga cya AS Kigali, bitewe n’uko aho ikibuga cya IPRC Kicukiro Police Fc yakiriraho imikino kitabonekaga.
Uyu mukino waje kurangira amakipe yombi anganyije ibitego 2-2, mu mukino witabiriwe n’abafana mbarwa.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|