Urutonde rwatangajwe n’ikipe ya APR Fc, ntirugaragaramo rutahizamu Byiringiro Lague, Sugira Ernest ndetse na nsengiyumva Moustapha wagiyemo asimbuye mu mukino ubanza aho APR Fc yanganyije 0-0 na Club Africain.
Urutonde APR FC ijyanye muri Tunisia
1.Kimenyi Yves
2.Ntaribi Steven
3.Ombolenga Fitina
4.Rusheshangoga Michel
5.Imanishimwe Emmanuel
6.Buregeya Prince
7.Rugwiro Herve
8.Mugiraneza Jean Baptiste
9.Nizeyimana Mirafa
10.Ntwari Evode
11.Nshimiyimana Amrani
12.Butera Andrew
13.Nkinzingabo Fiston
14.Sekamana Maxime
15.Nshuti Dominique Savio
16.Iranzi Jean Claude
17.Hakizimana Muhadjiri
18.Mugunga Yves
Mu mafoto: APR FC ku kibuga cy’indege i Kanombe
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
APR FC NIKIPE NKUNDA CNE NDABIZI KUYAMBERE TUZASA IKIBONOBONO KARIYA KABONOBONO NGO NI RAYON NUGUKUBITA DUSHWANYAGUZA 2-0
Aper yacu mu Rwanda ntiyitwaye neza cyane gusa biragoye. Kuko ntarutayizamu bajyanye. Ariko tubarinyuma bazabikora.