Wari umukino wa kabiri mu mikino itatu y’ibirarane ikipe ya APR Fc ifite, aho yatsinze igitego kimwe cyatsinzwe na Nsabimana Aimable n’umutwe, kuri koruneri yari itewe na Bizimana Djihad.
Nyuma yo gutsinda uyu mukino APR Fc yahise igira amanota 25, iza ku mwanya wa kane aho, ikaba isigaje undi mukino izakina na Gicumbi ku wa Gatatu i Gicumbi.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
ndabashimira uburyo mutugezaho amakuru y ikipe yacu dukunda.
Murakoze kuduha makuru.ariko muzajye mujyanisha ifoto n’umukino wakinwe