APR Fc yabonye amanota atatu i Rubavu mu mukino w’ikirarane

Ikipe ya APR Fc yatsinze Etincelles igitego 1-0 mu mukino w’ikirarane wabereye i Rubavu

Wari umukino wa kabiri mu mikino itatu y’ibirarane ikipe ya APR Fc ifite, aho yatsinze igitego kimwe cyatsinzwe na Nsabimana Aimable n’umutwe, kuri koruneri yari itewe na Bizimana Djihad.

APR Fc ubu ni iya kane
APR Fc ubu ni iya kane

Nyuma yo gutsinda uyu mukino APR Fc yahise igira amanota 25, iza ku mwanya wa kane aho, ikaba isigaje undi mukino izakina na Gicumbi ku wa Gatatu i Gicumbi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

ndabashimira uburyo mutugezaho amakuru y ikipe yacu dukunda.

akayo nizeyimana venuste yanditse ku itariki ya: 27-03-2018  →  Musubize

Murakoze kuduha makuru.ariko muzajye mujyanisha ifoto n’umukino wakinwe

DIDI yanditse ku itariki ya: 26-03-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka