APR FC na AS Kigali zatanze urutonde zizifashisha mu marushanwa ya CAF

Ikipe ya APR FC ndetse na AS Kigali zamaze gutanga urutonde rw’abakinnyi zifashisha muri CAF Champions League na CAF Confederation Cup

Nyuma ya tombola iheruka kuba y’uko amakipe azahura mu marushanwa ya CAF, aho APR FC yatomboye Mogadishu City Club yo muri Somalia, naho AS Kigali igatombora Olympique de Missiri-Sima yo muri Comores, ubu hari hatahiwe gutanga urutonde rw’abakinnyi bazifashishwa.

APR FC izahagararira u Rwanda muri CAF Champions League
APR FC izahagararira u Rwanda muri CAF Champions League

Mu gihe ubu CAF yemereye amakipe kuba yakwandikisha abakinnyi 40, ikipe ya APR FC yatanze urutonde rw’abakinnyi 40, aho amwe mu mazina yari yitezwe arimo nka Nishimwe Blaise iyi kipe yifuzaga ntiyagaragaye kuri uru rutonde

Urutonde rw’abakinnyi 28 APR FC yatanze muri CAF

Kenese Armel, Ndayishimiye Dieudonne, Niyomugabo Claude, Nsabimana Aimable, Karera Hassan, Rwabuhihi Aime Placide, Nizeyimana Djuma, Itangishaka Blaise, Jacques Tuyisenge, Manishimwe Djabel, Mugisha Gilbert, Ngabonziza Gylain, Mutabaruka Alexandre, Byiringiro Lague, Mugisha Bonheur, Heritier Ahishakiye, Nshuti Innocent, Buregeya Prince, Kwitonda Alain, Keddy Nsanzimfura, Bizimana Yannick, Nseniyumva Ir’shad, Omborenga Fitina, Ishimwe Anicet, Ruboneka Bosco, Nshimiyimana Yunusu, Mugunga Yves na Ishimwe Pierre

Urutonde rw’abakinnyi AS KIGALI yatanze

Bate Shamiru, Ntwari Fiacre, Rugero Chris, Bishirandora Latif, Rurangwa Mossi, Ishimwe Christian, Ahoyikuye Jean Paul, Rugwiro Herve, Rugirayabo Hassan, Kwitonda Ally, Rukundo Denis, Kwizera Pierrot, Kalisa Rashid, Buteera Andrew, Uwimana Guilain, Mugheni Kakule Fabrice, Niyonzima Haruna, Ndekwe Felix, Kayitaba Jean Bosco, Niyonkuru Ramadhan, Biramahire Abddy, Aboubakar Lawal, Saba Robert na Shabani Hussein Tchabalala.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Muraho neza? Twifuzaga kumenya list y,abakinnyi as Kigali ifite nimba harimo sarupong mike

Minani jean paul yanditse ku itariki ya: 16-02-2023  →  Musubize

APR FC nkunda nyufurije amahirwe menci

Mugwaneza eric yanditse ku itariki ya: 28-08-2021  →  Musubize

Twifurije intsinzi aya makipe yacu.

Martin Mambo yanditse ku itariki ya: 18-08-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka