Ku wa Kabiri tariki 31/01/2023 ku kibuga cya Bugesera habereye umukino wa nyuma w’amarushanwa yahuzaga inzego za gisirikare, umukino wahuje urwego rw’ingabo zirinda Perezida wa Republika ndetse n’abandi abyobozi bakuru b’igihugu.
Ku mukino wa nyuma hahuriye ikipe y’abasirikare barinda umukuru w’igihugu n’abandi bayobozi bakuru(Republican Guard), bakinaga n’urwego rwa Special Operations Force.
Ku mukino wa nyuma hahuriye ikipe y’abasirikare barinda umukuru w’igihugu n’abandi bayobozi bakuru(Republican Guard), bakinaga n’urwego rwa Special Operations Force. Uyu mukino warangiye Republican Guard ari yo yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda Special Operations Force ibitego 2-1.
Ni umukino wari witabiriwe cyane kuko Stade ya Bugesera yari yakubise yuzuye, umukino wanitabiriwe n’abayobozi mu nzego nkuru z’igihugu ndetse n’iza gisirikare.
Aya ni amwe mu mafoto utabonye yaranze umukino wa nyuma
AMAFOTO: Eric RUZINDANA
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|