#AMAVUBI: Hakim Sahabo wa Lille na Hakizimana Muhadjili bakoze imyitozo bitegura Sudan (AMAFOTO)

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “AMAVUBI” yakoze imyitozo yitegura imikino ibiri ya gicuti izayihuza na Sudani kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo

Mu rwego rw’amatariki aba yarashyizweho na FIFA ngo ibihugu bikine imikino mpuzamahanga irimo n’iya gicuti, ikipe y’igihugu y’u Rwanda “AMAVUBI” azakina na Sudani imikino ibiri ya gicuti yose izabera mu Rwanda.

Umukino wa mbere u Rwanda na Sudani barawukina kuri uyu wa Kane tariki 17/11 kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu gihe umukino wa kabiri nawo uzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo ku wa Gatandatu tariki 19/11/2022.

Hakim Sahabo ukinira Lille U-19 yo mu Bufaransa yageze mu mwiherero w'Amavubi
Hakim Sahabo ukinira Lille U-19 yo mu Bufaransa yageze mu mwiherero w’Amavubi

Abakinnyi bakina mu Rwanda bose batangiye imyitozo, biyongerago abakina hanaze barimo Ishimwe Gilbert wa Orebro muri Sweden, Hakim Sahabo wa Lille mu Bufaransa, Muhire Kevin ukinira Al Yarmouk yo muri Kuwait n’abandi.

Hakizimana Muhadjili mu myitozo yo kuri uyu wa Kabiri
Hakizimana Muhadjili mu myitozo yo kuri uyu wa Kabiri
Rafael York ni umwe mu bakinnyi batangiye imyitozo mbere
Rafael York ni umwe mu bakinnyi batangiye imyitozo mbere
Ishimwe Girbert ukinira Orebro Syrianska yo muri Sweden na Muhire Kevin mu myitozo
Ishimwe Girbert ukinira Orebro Syrianska yo muri Sweden na Muhire Kevin mu myitozo
Serumogo Ally na Ally Niyonzima mu myitozo
Serumogo Ally na Ally Niyonzima mu myitozo
Rubanguka Steve nawe ari mu myitozo
Rubanguka Steve nawe ari mu myitozo
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ariko amavubi yabuzwa n’iki guhora ku mwanya wa nyuma!!! Wagirango nta n’abayobozi agira ushobora kumbwira gute ukuntu Sudan iri muzanyuma ndetse ubwayo iri no ku rwego rw’inyuma y’amavubi ariyo basaba gukina umukino wa gishuti koko!!!!!

kuki badashaka amakipe akomeye afite urwego rwo hejuru mu mikinire nka za south Africa, Egypt, nigeria

Ugasanga barapfusha ubusa amafaranga Ngo barategura bidafite ishingiro

karim yanditse ku itariki ya: 16-11-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka