Amavubi akomeje imyitozo muri Tunisia mbere yo gukina imikino itatu ya gicuti-Amafoto

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ikomeje imyitozo muri i Sousse muri Tunisia, nyuma aho itegereje imikino ya gicuti itangira kuri uyu wa Gatandatu

Nyuma yo kugera i Sousse muri Tunisia ku wa kabiri nimugoroba, abakinnyi 23 bayobowe n’umutoza Antoine Hey bakomeje imyitozo bakora kabiri ku munsi, aho kuri uyu wa Gatandatu bazakina umukino wa mbere wa gicuti.

AMavubi biteganijwe ko ku wa Gatandatu bazakina na Sudani, ku Cyumweru bagakina Namibia, bakazasoza imikino ya gicuti ku wa Gatatu bakina na Tunisia, bakazahita berekeza muri Maroc ku wa kane tariki 11/01/2018 mu mujyi wa Tangier

Aya ni amwe mu mafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa Gatatu

Bari gukorera imyitozo ahitwa El Mouradi
Bari gukorera imyitozo ahitwa El Mouradi
Antoine Hey na Mashami Vincent nibo bayoboye imyitozo
Antoine Hey na Mashami Vincent nibo bayoboye imyitozo
Higiro Thomas utoza abanyezamu abaha amabwiriza
Higiro Thomas utoza abanyezamu abaha amabwiriza
Djihad Bizimana, umwe mu bakinnyi umutoza Hey agirira icyizere cyane
Djihad Bizimana, umwe mu bakinnyi umutoza Hey agirira icyizere cyane
Ndayishimiye Celestin waje muri iyi kipe asimbuye Emmanuel Imanishimwe
Ndayishimiye Celestin waje muri iyi kipe asimbuye Emmanuel Imanishimwe
Ali Niyonzima na Biramahire Abeddy
Ali Niyonzima na Biramahire Abeddy
Mubumbyi Barnabe aconga umupira
Mubumbyi Barnabe aconga umupira
Usengimana Faustin, myugariro w'Amavubi na Rayon Sports
Usengimana Faustin, myugariro w’Amavubi na Rayon Sports
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Tubashimiye uburyo mudahwema kutugezaho amakuru ashyushye
AMAVUBI NIYEREKANE KO IMANA YIRIRWA AHANDI IGATAHA I RWANDA

ETIENNE PAPA CYUSA yanditse ku itariki ya: 12-01-2018  →  Musubize

Tubashimiye uburyo mudahwema kutugezaho amakuru ashyushye
AMAVUBI NIYEREKANE KO IMANA YIRIRWA AHANDI IGATAHA I RWANDA

ETIENNE PAPA CYUSA yanditse ku itariki ya: 12-01-2018  →  Musubize

amavubi ndabona yiteguye neza cyane ntamvune nimwe irino reka turebe imikino yagishuti tumenye aho tugomba gukomeza

ishimwe yanditse ku itariki ya: 5-01-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka