Amagaju atsinze Bugesera, abona intsinzi ya kabiri muri Shampiyona

Mu mukino wari waraye usubitswe, Amagaju atsinze Bugesera igitego 1-0 mu mukino wabereye i Bugesera

Ni umukino wagombaga kuba kuri iki cyumweru ariko ntiwaba kubera imvura yari yangije ikibuga cya Bugesera.

Amagaju yabonye intsinzi ya kabiri muri Shampiona
Amagaju yabonye intsinzi ya kabiri muri Shampiona

Kuri uyu wa mbere uyu mukino waje gusubukurwa Amagaju atsinda Bugesera igitego 1-0, igitego cyatsinzwe ku munota wa 28 na Ndikumana Trésor.

Intsinzi y’Amagaju ibaye iya kabiri Amagaju abonye muri iyi Shampiona, aho iya mbere yari yatsinze Gicumbi ibitego 3-2 i Gicumbi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka