Intsinzi nyinshi mu gikombe cy’isi zagiye zitangwa n’abasifuzi nyuma y’imyumvire ivuga ko uwakiriye igikombe cy’Isi agomba guhekwa ku mugongo akagera kure hashoboka.
Bamwe mu bantu bahoze bakomeye mu isi nk’umunyagitugu Benito Mussolini baguze igikombe cy’isi.
Ubugome bwinshi mu kibuga, ibyishimo byinshi n’imibabaro kuri bamwe, ruswa zivuza ubuhuha, gukoresha ibiyobwange n’ibindi bifutitse n’ibifututse, nyuma y’ibyo byose kirongeye kije mu maso yacu nyuma y’imyaka ine.
Kurikira igice cya mbere cy’icyegeranyo kivuga kuri amwe mu mabanga ahishwe n’ibintu bidasanzwe byagiye biranga igikombe cy’isi cy’ibihugu.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
ndumva ari danger gusa igikombe cyisi kizahora ari number one