Abanyamuryango ba Rayon Sports batumiwe mu nama idasanzwe yo gutora abayobozi bashya

Abazayobora ikipe ya Rayon Sports mu minsi iri imbere, biteganyijwe ko bazamenyekana mu nteko rusange dusanzwe izaba kuri uyu wa Gatandatu.

Ubuyobozi bw’inzibacyuho bwa Rayon Sports bwamaze gutumiza inama y’inteko rusange idasanzwe, iteganyijwe kuri uyu wa Gatadatu muri Lemigo Hotel.

Abakunzi ba Rayon Sports baramenya ubuyobozi bushya kuri uyu wa Gatandatu
Abakunzi ba Rayon Sports baramenya ubuyobozi bushya kuri uyu wa Gatandatu

Mu itangaza ryashyizweho umukono na Murenzi Abdallah uyobora Komite y’inzibacyuho, abanyamuryango ba Rayon Sports bamenyeshejwe ko kuri uyu wa Gatandatu ari bwo bazishyiriraho ubuyobozi bushya, ndetse bakanemeza amategeko mashya.

Ubutumire ndetse n’amabwiriza azagenga amatora

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Murenzi Niwe ugomba kuba president

FELIX UMUHOZA yanditse ku itariki ya: 22-10-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka