Yanga ya Haruna na Mbuyu yageze i Kigali-Amafoto

Abakinnyi ba Yanga Afrikans yo muri Tanzania bageze i Kigali aho baje gukina na APR Fc kuri uyu wa Gatandatu muri CAF Champions league

Habura iminsi ibiri ngo bacakirane na APR Fc muri 1/16 cya CAF Champions league,ikipe ya Young Africans yo muri Tanzania yamaze kugera i Kanombe,aho ku i Saa Ine n’igice z’igitondo bari bamaze gusesekara ku kibuga cy’indege.

Biteganijwe ko iyi kipe iza gukora imyitozo ku kibuga cya Ferwafa ku i Saa Cyenda n’igice,naho kuri uyu wa gatanu nabwo ku i Saa cyenda n’igice bakazakorera imyitozo kuri Stade Amahoro ari naho hazabera umukino kuri uyu wa Gatandatu.

Amafoto ya Yanga igera i Kigali

Haruna Niyonzima yakirijwe indabo n'abafana b'iyi kipe bari i Kigali
Haruna Niyonzima yakirijwe indabo n’abafana b’iyi kipe bari i Kigali
Haruna Niyonzima na Kalisa Adolphe Umunyamabanga mukuru wa APR Fc
Haruna Niyonzima na Kalisa Adolphe Umunyamabanga mukuru wa APR Fc
Mu modoka bari bafite akanyamuneza
Mu modoka bari bafite akanyamuneza
Imodoka yatwaye abatoza n'abayobozi b'iyi kipe
Imodoka yatwaye abatoza n’abayobozi b’iyi kipe
Abakinnyi ba Yanga bo bagiye muri iyi
Abakinnyi ba Yanga bo bagiye muri iyi
Imodoka yari itwaye abafana ba Yanga baba i Kigali
Imodoka yari itwaye abafana ba Yanga baba i Kigali
Imodoka itwaye abayobozi
Imodoka itwaye abayobozi
Mu modoka ....
Mu modoka ....
Haruna n'abafana bari baje kumwakira
Haruna n’abafana bari baje kumwakira
Haruna Niyonzima yatangaje ko n'ubwo ari mu rugo ariko aje mu kazi
Haruna Niyonzima yatangaje ko n’ubwo ari mu rugo ariko aje mu kazi
Haruna wahoze akinira APR Fc,aha yari atandukanye n'Umunyamabanga mukuri w'iyi kipe yahozemo
Haruna wahoze akinira APR Fc,aha yari atandukanye n’Umunyamabanga mukuri w’iyi kipe yahozemo
Abakinnyi ba Yanga i Kanombe
Abakinnyi ba Yanga i Kanombe
Aritegereza ibyiza bitatse u Rwanda ...
Aritegereza ibyiza bitatse u Rwanda ...
Abanyarwandakazi baje kwakira iyi kipe
Abanyarwandakazi baje kwakira iyi kipe
Claude Muhawenimana Perezida w;abafana ba Rayon Sports ahoberana na Mubuyu Twite wahoze muri APR Fc
Claude Muhawenimana Perezida w;abafana ba Rayon Sports ahoberana na Mubuyu Twite wahoze muri APR Fc
Mbuyu Twite nawe wahoze muri APR ageze i Kanombe ..
Mbuyu Twite nawe wahoze muri APR ageze i Kanombe ..
Donald Ngoma rutahizamu wa Yanga
Donald Ngoma rutahizamu wa Yanga
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

A.P.R FC tukurinyuma kandi yanga turayipfunyikira 2kubusa0.

Wellars yanditse ku itariki ya: 11-03-2016  →  Musubize

Nzaba ndi inyuma ya Haruna kuwa gatandatu.

Didier yanditse ku itariki ya: 10-03-2016  →  Musubize

welcome haruna na mbuyu! tuzabakira neza kuwa gatandatu tubaha impamba yibite 2 muzadushyirira simba tunereka abareyon baje kukwakira ko bibeshye !

vincent motari yanditse ku itariki ya: 10-03-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka