CHAN:Cameroun yabimburiye ibindi bihugu kugera mu Rwanda

Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru nibwo ikipe y’igihugu ya Cameroun yageze mu Rwanda aho ije gukina umukino wa gicuti n’Amavubi kuri uyu wa gatatu

Istinda ry’abantu 35 barimo abakinnyi 26 ndetse n’abayobozi 9 barimo n’abatoza b’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Cameroun,nibo baraye basesekaye i Kigali aho baje gukina umukino wa gicuti uzabahuza n’Amavubi i Rubavu kuri uyu wa gatatu.

Amavubi nayo akomeje imyitozo i Rubavu
Amavubi nayo akomeje imyitozo i Rubavu

Abagize delegation ya Cameroun

Abakinnyi: Hugo Patrick Nyame, Pierre Sylvain Abodo, Derrick Anye Fru, Mohammed Djetei, Aaron Mbimbe, Yves Robert Chouake, Joseph Jonathan Ngwem, Alexandre Kombi Mandjang, Carlain Manga Mba, Nicolas Joel Owona Mbassegue, Stephan Kingue Mpondo, Paul Serge Atangana Mvondo,Guy Christian Zock, Samuel Oum Douet, Moumi Ngamaleu, Ghislain Moguu, Ambane Moumourou Idriss, Mark Nkongho Ojong, Yazid Atouba Emane, Lionel Ngondji, Moussa Souleymanou, Samuel Nlend, Harouna Mahamat, Ronald Ngah, Frank Boya and Junior Mfede.

Cameroun mu myitozo mbere y'uko yerekeza i Kigali
Cameroun mu myitozo mbere y’uko yerekeza i Kigali

Abayobozi: Martin Felix Ndtoungou Mpile (Umutoza mukuru), Ernest Agbor Ako (Umutoza wungirije), Narcisse Tinkeu Nguimgou (Fitness Coach), Simon Nlend Anjouma (Umutoza w’abanyezamu), Marc Ngalle Mbonjo (Chief Medical Officer), Daniel Tecky Tcheuffa (Physiotherapist), Simon Molombe Lyonga (Team Press Officer), Sali Issa (Team Manager) and Mohamadou Laminou (Kit Manager).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka