Ikipe ya Kiyovu Sports nyuma y’imyaka hafi 60 yamaze gusubira mu cyiciro cya kabiri, byari agahinda ku bafana, abakinnyi n’abatoza bayo
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Rayon Sports uzwi nka Sefu yamaze gushyira umukono ku masezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Rayon Sports.
Ikipe ya Kiyovu Sports itsinzwe na Rayon Sports ihita isubira mu cyiciro cya kabiri nyuma y’imyaka isaga 53 yari imaze mu cyiciro cya mbere
Ikipe ya Rayons Sports ntivuga rumwe na Gatsibo Football Academy,ishuri ry’umupira w’amaguru ryareze umukinnyi Manishimwe Djabel.
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru "Amavubi" yageze i Kigali nyuma yo gutsindwa mu minota ya nyuma n’ikipe ya Centrafurika.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi atsinzwe ibitego 2-1 mu mukino wa mbere w’amajonjora wo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Antoine Hey, yatangaje ko mu makipe y’ibihugu yatoje, atigeze abona Abakinnyi bafite ubwitange nk’ubw’Abakinnyi b’Amavubi.
Nshimiyimana Canisus wakiniye ikipe ya Mukura Victory Sports ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi, yatangaje ko yanditse igitabo kivuga ku buzima bwe mu mupira w’amaguru ndetse no kuri ruhago Nyarwanda muri rusange.
Ubuyobozi bwa Rayon Sports buratangaza ko bwatangiye kuvugana na bamwe mu bakinnyi bayo barangiza amasezerano ngo babe bakomezanya.
Nyuma y’imyaka ikabakaba 20 atoza ikipe ya Marines, umutoza Nduhirabandi Coka yamaze gusezererwa n’iyi kipe
Guverinoma ya Centrafrique yategeye buri mukinnnyi w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru agahimbazamusyi ka Miliyoni imwe n’igice z’Amasefa asaga Miliyoni ebyiri z’Amanyarwanda, nibaramuka batsinze Amavubi.
Antoine Hey utoza ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 19 bazavamo 18 bazerekeza muri Centrafurika
Umukino wa kabiri wo kwibuka abakunzi, abayobozi n’abakinnyi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi wahuzaga Amavubi n’ikipe ya Maroc urangiye Amavubi anyagiye Maroc3-0.
Umukino wahuzaga Amavubi n’ikipe ya Maroc mu rwego rwo kwibuka abari bafite aho bahuriye n’umupira w’amaguru bazize Jenoside yakorewe Abatutsi warangiye Amavubi atsinze 2-0.
Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA u Rwanda mu mupira w’amaguru rwongeye kwisanga ku mwanya mubi rutaherukaga kuba 2013, aho ubu rubarizwa ku mwanya wa 108
Mu ikipe y’igihugu Amavubi abakinnyi bashya n’abatari baherutsemo bari gutegurirwa umuhango wo kunnyuzurwa uzarangwa no kuririmbira abakinnyi basanzwemo
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri ikipe y’igihugu ya Maroc y’umupira w’amaguru aho ije kwifatanya n’Amavubi mu irushanwa ryo Kwibuka abakinnyi n’abakunzi b’umupira w’amaguru bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.
Umunyezamu akaba na Kapiteni wa Rayon Sports Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame aratangaza ko yiteguye kongera amasezerano igihe cyose Rayon yaba ikimubonamo ubushobozi
Umukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona wahuzaga APR na Rayon Sport urangiye amakipe yombi anganyije igitego 1-1 APR ibura amahirwe yo gufata umwanya wa kabiri.
Umukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona wahuzaga ikipe ya Police FC na AS Kigali warangiye Police iyitsinze ibitego 3-1 ihita inafata umwanya wa kabiri wari uriho APR FC.
Umutoza w’Amavubi amaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 25 bagomba gutangira umwiherero w’ikipe y’igihugu izaba yitegura Centrafrika
Mu ibaruwa yandikiye Ferwafa, Perezida wa FIFA yashimiye ikipe ya Rayon Sports kuba yaregukanye igikombe cya Shampiona cya munani
Ikipe ya Kiyovu Sports yahakanye amakuru yavugaga ko yeguje umutoza wayo Kanamugire Aloys nyuma y’umusaruro mubi muri iyi Shampiona
Abafana b’ikipe ya Kiyovu baratangaza ko ikipe yabo iramutse imanutse mu cyiciro cya Kabiri byaba ari ishyano ribagwiriye, kuko bitigeze bibaho mu myaka 55 iyi kipe ibayeho kuko yavutse mu mwaka wa 1962.
Imikino y’umunsi wa 28 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru usize Rayon Sports yamaze kwegukana icyo igikombe, yongeye kunganya igitego 1-1 na Etincelle y’i Rubavu, bituma benshi babona koko ko ari ukurangiza umuhango, kugira ngo isoze shampiyona.
Nshutinamagara Ismael Kodo, avuga ko mu mezi abiri amaze yungirije mu ikipe yakiniraga ya As Kigali, amaze kungukira byinshi ku batoza yungirije muri iyo kipe, barimo Eric Nshimiyimana umutoza Mukuru na Mateso Jean de Dieu umwungirije.
Umutoza wa Rayon Sports Masudi Djouma avuga ko imikino ya shampiyona isigaye bari kuyikina by’umuhango kuko bamaze gutwara igikombe ngo igikombe cy’amahoro nicyo kibaraje ishinga.
Ikipe ya Pipiniere yamaze kumanuka mu cyiciro cya kabiri inganyije na Rayon Sport yamaze kwegukana igikombe cya shampiyona.
Bamwe mu batoza b’amakipe yo mu cyiciro cya kabiri mu Rwanda batangaza ko uko amakipe akina igikombe cy’amahoro atomborana bidakorwa neza.
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwegukana igikombe cya Shampiona hari bimwe mu byaranze inzira yanyuzemo kugera itwaye igikombe