Biyombo ukina NBA yarebye Basket y’u Rwanda, Abana ba Perezida Kagame nabo baritabira-Amafoto

Kuri uyu wa Gatatu kuri Petit Stade Amahoro habereye imikino ya gicuti yitabiriwe na Biyombo Bismack ukina muri Orlando Magic yo muri Amerika ndetse n’abana batatu ba Perezida Kagame

Ku i Saa Kumi n’igice zo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 14 Nyakanga 2016, ni bwo hari hatangiye umukino wa gicuti wa mbere wahuje ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 18 na IPRC Kigali, umukino warangiye IPRC itsinze ku manota 65-62.

Abana ba Perezida Kagame nabo bitabiriye iyi mikino
Abana ba Perezida Kagame nabo bitabiriye iyi mikino

Umukino wa kabiri wahuje amakipe abiri yari yatoranijwe mu bakinnyi basanzwe bakina Basket yo mu Rwanda, iyari yiswe Patriots allstars itsinda iyitwaga Biyombo allstars amanota 65-53.

Uko uduce tw’imikino twose twagenze

Biyombo Bismack asuhuza ikipe y'igihugu y'abatarengeje imyaka 18
Biyombo Bismack asuhuza ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 18
Umukino wabereye muri Petit Stade Amahoro
Umukino wabereye muri Petit Stade Amahoro

U18 RWANDA TEAM 62-65 IPRC-KIGALI

Agace ka mbere: U18 19-15 IPRC

Agace ka kabiri :U18 16-16 IPRC

Agace ka gatatu:U18 15-16 IPRC

Agace ka kane: U18 12-18 IPRC

Patriots allstars na Biyombo allstars
Patriots allstars na Biyombo allstars

PATRIOTS ALLSTARS 65-53 BIYOMBO ALLSTARS

Agace ka mbere: Patriots 14-11 Biyombo

Agace ka kabiri: Patriots 21-10 Biyombo

Agace ka gatatu: Patriots 10-16 Biyombo

Agace ka kane: Patriots 20-16 Biyombo

Andi mafoto

Bafata "selfie"
Bafata "selfie"
Ati urakoze ....
Ati urakoze ....
Biyombo ngo arasanga umukino wa Basket mu Rwanda hari icyizere ko uzatera imbere
Biyombo ngo arasanga umukino wa Basket mu Rwanda hari icyizere ko uzatera imbere
King James nawe yaririmbiye abitabiriye umukino
King James nawe yaririmbiye abitabiriye umukino
Na Minsitiri wa Siporo n'umuco, Madamu Uwacu Julienne yari ahari
Na Minsitiri wa Siporo n’umuco, Madamu Uwacu Julienne yari ahari

Amafoto: Kamanzi Natasha na Muzogeye Plaisir

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka