Video: Perezida Kagame yongeye kwerekana impano ye mu mukino wa Basketball

Perezida Paul Kagame yitabiriye umuhango wo gufungura ku mugaragaro ikibuga cya Basketball cyavuguruwe. Uyu muhango wabereye kuri Club Rafiki i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali ku wa Gatandatu tariki 21 Gicurasi 2022.

Ni ikibuga cyavuguruwe ku bufatanye bwa gahunda ya Giants of Africa, aba bakaba ari abanyabigwi b’Abanyafurika mu mukino wa Basketball. Kuri Club Rafiki hatorezwa urubyiruko ndetse n’abana bato.

Perezida Kagame yongeye kwerekana impano ye mu mukino wa Basketball, ubwo yinjizaga umupira mu nkangara, ababibonye bose baratangara.

Birebe muri iyi video:

Kureba andi mafoto menshi y’iki gikorwa, kanda HANO

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Mugire amahoro!
Nukuri mutugezaho amakuru adufasha, ariko mutubarize iby’irangamuntu, abana bamaze igihe basiragira ku mirenge ariko nta service bahabwa!
Dukeneye ubufasha!

Omar NTIGURIRWA yanditse ku itariki ya: 22-05-2022  →  Musubize

NIBYIKOKO KUBAYITABIRIYE ICYOGIKORWA NYAKUBAHWA NUMUBYEYIMWIZA ARAKARAMBAKUNGOMAYE ARIKO MUMBARIZE ATI KOHARI ABANA BIPFOTOJE 5 MUBIJYANYE NIRANGAMUNTU ARIKONTIZIRASOHOKA BIMEZEBITE

NI FRANKE NIYONZIMA MBA MUKARERE KANYAGATARE yanditse ku itariki ya: 22-05-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka