Basketball: Patriots yegukanye igikombe itsinze REG (Amafoto)

Umukino w’ishiraniro wabereye muri Kigali Arena mu ijoro ryo ku wa gatandatu tariki 21 Nzeri 2019 warangiye ikipe ya Patriots BBC itsinze REG BBC amanota 65-59.

Iyo ntsinzi yahesheje Patriots itike yo kuzahagarira u Rwanda mu marushanwa yo ku rwego rwa Afurika ahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo.

Amakipe yombi yakinnye umukino wo gushaka iyegukana intsinzi enye nyuma y’uko ayo makipe yari amaze gukina imikino itandatu, buri yose ikegukana intsinzi eshatu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka