Afrobasket2021: Perezida Kagame yitabiriye umukino w’u Rwanda na Sudani y’Epfo

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 29 Ugushyingo 2020, yitabiriye umukino basketball wahuje u Rwanda na Sudani y’Epfo, muri Kigali Arena.

Ni mu mikino y’amajonjora yo gushaka itike ya Afrobasket 2021 iri kubera muri Kigali Arena, yatangiye ku wa Kane w’iki cyumweru ikaba yashojwe kuri iki Cyumweru.

Mu mikino ibiri ibanza u Rwanda rwakinnye rwaratsinzwe, kuko umukino wa mbere rwatsinzwe na Mali amanota 70 kuri 64., naho uwa kabiri rugatsindwa na Nigeria amanota 83 kuri 62.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

u Rwanda ni loser nta mukino numwe rushoboye nuwa magare tegereza muri tour du Rwanda nihamanuka amakipe akomeye urazebe uko bizagenda..ikibazo dufite nu kitagira abayobozi bazi ibyo bakora. amashyirahamwe yi mikino yose ubuyobozi bwayo ntibuzi ibyo burimo aho gushora frw twubaka stade nziza zigezwe tudafite amakipe azikiniramo ntitwashora ayo frw mu kubaka amashuri yi gisha imikino tukabona guhatana murwego mpuzamahanga.twe gutekerea intsinzi dutekerze ejo ahazaza kwubaka sport yi mikino yose mu gihugu

Bimawuwa yanditse ku itariki ya: 30-11-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka