Hashyizweho ingamba nshya zirebana n’ibikorwa bya siporo

Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yatangaje ingamba nshya z’ibikorwa bya siporo zirebana no guhangana na COVID-19

Kubera ubwiyongere bw’ubwandu bwa Coronavirus bumaze iminsi bugaragara mu Rwanda, MINISPORTS yashyizeho ingamba nshya zo guhangana n’iki cyorezo.

Bimwe mu byemezo byaherukaga gutangazwa mu minsi ishize, harimo kwemerera imikino yose ikinirwa hanze, gusa ubu hakaba habayeho impinduka.

Bimwe mu byahagaze byari byafunguwe, harimo imikino y’abatarabigize umwuga yahise yongera igahagarikwa.

Amabwiriza mashya yo guhangana na Coronavirus

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Mwiriwe neza!

Sauna zibarwa mubihe bikorwa ko ntaho njya mbona bazigarutse ho!!?

Uria yanditse ku itariki ya: 18-06-2021  →  Musubize

Mwiriwe neza!

Sauna zibarwa mubihe bikorwa ko ntaho njya mbona bazigarutse ho!!

Murinda yanditse ku itariki ya: 18-06-2021  →  Musubize

Nanjye bagusubize numvireho

MYARU yanditse ku itariki ya: 20-06-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka