Umunya-Pologne Kasperkiewicz Przemyslaw ni we wegukanye agace Musanze-Nyamata

Umunya-Pologne Kasperkiewicz Przemyslaw ukinana na Areruya Joseph muri Delko Marseille yo mu Bufaransa, ni we wegukanye agace ka gatandatu ka Tour du Rwanda 2019 ka Musanze-Nyamata

Abakinnyi mbere yo guhaguruka
Abakinnyi mbere yo guhaguruka

Ni nyuma yo kumara akanya kanini ari mu bakinnyi icyenda bayoboye isiganwa, aza kubaca mu rihumye habura kilometero eshatu ngo isiganwa rirangire.

Abakinnyi bayobowe na Valens Ndayisenga bagerageje kumugarura biranga, asoza isiganwa ry’uyu munsi, akoresheje amasaha 2, iminota 49 n’amasegonda 57.

Kasperkiewicz Przemyslaw yishimira intsinzi yaboneye i Nyamata
Kasperkiewicz Przemyslaw yishimira intsinzi yaboneye i Nyamata

Abanyarwanda bagerageje gutwara aka gace ntibybakundira, aho Mugisha Samuel yaje ku mwanya wa 7, naho Valens Ndayisenga aza ku mwanya wa munani.

Pablo Torres Muiño wa Interpro Cycling Academy ni umwe mu bayoboye isiganwa igihe kirekire, yahembwe na Rwanda Tea nk'uwarushije abandi guhatana
Pablo Torres Muiño wa Interpro Cycling Academy ni umwe mu bayoboye isiganwa igihe kirekire, yahembwe na Rwanda Tea nk’uwarushije abandi guhatana
Merhawi Kudus yakomeje kwambara Maillot Jaune
Merhawi Kudus yakomeje kwambara Maillot Jaune

Uko abakinnyi bakurikiranye mu gace Musanze-Nyamata

1 KASPERKIEWICZ Przemysław Delko Marseille Provence 2:49:57
2 TORRES Pablo Interpro Cycling Academy 0:03
3 REGUIGUI Youcef Algeria 0:04
4 MULUBRHAN Henok Eritrea ,,
5 TRARIEUX Julien Delko Marseille Provence ,,
6 HENTTALA Joonas Team Novo Nordisk ,,
7 MUGISHA Samuel Dimension Data for Qhubeka ,,
8 NDAYISENGA Valens Rwanda ,,
9 DEBESAY Yacob Eritrea ,,
10 ARAUJO Bruno BAI - Sicasal - Petro de Luanda 1:19
11 ARERUYA Joseph Delko Marseille Provence ,,
12 BENGAYOU Abdelraouf Algeria ,,
13 BELLICAUD Jeremy France ,,
14 TESFOM Sirak Eritrea ,,
15 QUÉMÉNEUR Perrig Direct Energie ,,
16 DOLEATTO Aurélien France ,,
17 GITHAMBO Josphat Kenya ,,
18 FEDELI Alessandro Delko Marseille Provence ,,
19 LAGAB Azzedine Algeria ,,
20 HUDRY Florian Interpro Cycling Academy ,,

Urutonde rusange nyuma y’agace ka Gatandatu (Ibihe barushwa n’uwa mbere)

1 KUDUS Merhawi Astana Pro Team 20:24:53
2 TAARAMÄE Rein Direct Energie 0:17
3 BADILATTI Matteo Israel Cycling Academy 0:45
4 AGUIRRE Hernán Interpro Cycling Academy 1:00
5 TESFOM Sirak Eritrea 4:14
6 LOZANO David Team Novo Nordisk 4:40
7 KANGANGI Suleiman Kenya 4:56
8 MUNYANEZA Didier Benediction Excel Energy 5:00
9 NDAYISENGA Valens Rwanda 5:35
10 BELLICAUD Jeremy France 6:19
11 ARERUYA Joseph Delko Marseille Provence 6:37
12 DEBESAY Yacob Eritrea 6:43
13 MANIZABAYO Eric Benediction Excel Energy 7:53
14 CONTRERAS Rodrigo Astana Pro Team 8:17
15 MULUBRHAN Henok Eritrea 8:26
16 TORRES Pablo Interpro Cycling Academy 9:46
17 STALNOV Nikita Astana Pro Team 10:23
18 LAGAB Azzedine Algeria 10:24
19 HENTTALA Joonas Team Novo Nordisk 12:21
20 MUGISHA Samuel Dimension Data for Qhubeka 13:30

Amafoto yaranze urugendo Musanze-Nyamata

Perezida wa FERWACY Aimable Bayingana akurikirana isiganwa
Perezida wa FERWACY Aimable Bayingana akurikirana isiganwa
Kasperkiewicz Przemyslaw wegukanye agace k'uyu munsi
Kasperkiewicz Przemyslaw wegukanye agace k’uyu munsi
Igikundi cy'abakinnyi gitanguranwa kurenga umurongo
Igikundi cy’abakinnyi gitanguranwa kurenga umurongo
Mugisha Samuel ni umwe mu bayoboye isiganwa uyu munsi
Mugisha Samuel ni umwe mu bayoboye isiganwa uyu munsi
Ikipe ya Eritrea kugeza ubu niyo kipe iri ku mwanya wa mbere mu makipe yose
Ikipe ya Eritrea kugeza ubu niyo kipe iri ku mwanya wa mbere mu makipe yose
Didier Munyaneza ukinira Benediction Club yambitswe umwenda wa Visit Rwanda, nk'umunyarwanda uri imbere ku rutonde rusange
Didier Munyaneza ukinira Benediction Club yambitswe umwenda wa Visit Rwanda, nk’umunyarwanda uri imbere ku rutonde rusange
Mugisha Moise wa Team Rwanda niwe uyoboye mu kuzamuka imisozi
Mugisha Moise wa Team Rwanda niwe uyoboye mu kuzamuka imisozi
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Kumenya amakuru yose agezweho.

Bizimana jean baptiste yanditse ku itariki ya: 1-03-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka