Live: Isiganwa ritegura Tour du Rwanda rirakomeje (Rusizi-Huye)

Imyiteguro ya Tour du Rwanda igeze ku munsi wa kabiri, aho kuri iki cyumweru abakinnyi berekeza Huye bava Rusizi, bakaba bahagurutse ku isaha ya saa tatu z’iki gitondo.

Ku mwanya wa mbere haje Areruya Joseph (Amis Sportifs), ku mwanya wa kabiri haje Twizerane Mathieu (Amis Sportifs)

Areruya Joseph niwe usoje irushanwa ari kumwanya wa mbere
Areruya Joseph niwe usoje irushanwa ari kumwanya wa mbere
Areruya Joseph atsinze irushanwa
Areruya Joseph atsinze irushanwa
Huye aho abakinnyi basoreza irushanwa
Huye aho abakinnyi basoreza irushanwa

Areruya Joseph ubu ni we uyoboye mu gihe babura iminota 15 ngo bagere Huye, ninawe ukiri guhabwa amahirwe yo gutsnda.

Areruya Joseph ubu ni we uyoboye mu gihe babura iminota 15 ngo bagere Huye
Areruya Joseph ubu ni we uyoboye mu gihe babura iminota 15 ngo bagere Huye

12h 40: Abasiganwa barenze mu mujyi wa Nyamagabe bageze mu gasantere ka
karambi, Twizerane Mathieu na Arerua Joseph nibo bari imbere.

Twizerane Mathieu na Arerua Joseph nibo bari imbere
Twizerane Mathieu na Arerua Joseph nibo bari imbere

Twizerane niwe watsindiye igihembo cyo kugera i Nyamagabe mbere

12h15: Abakinnyi bambere bageze ku nkambi ya Kigeme

11h45 :abakinnyi barabura iminota itarenze 10 ngo basohoke muri Nyungwe. Twizerane Mathieu niwe uri imbere, yasize abandi ho iminota itatu.

Benediction Club na les amis sportifs
Benediction Club na les amis sportifs
Abakinnyi babanje gusenga mbere yo guhaguruka
Abakinnyi babanje gusenga mbere yo guhaguruka

Usibye kuza guhemba abagera i Huye mbere, hashyizweho n’igihembo cy’ibihumbi 50Frw ku mukinnyi utanga abandi kugera mu mujyi wa Nyamagabe hagati ya Golden Monkey Hotel na Cogebanque.

Nsengimana Jean Bosco wegukanye agace k'ejo
Nsengimana Jean Bosco wegukanye agace k’ejo
Areruya Joseph uhabwa amahirwe yo kwegukana iri rushanwa
Areruya Joseph uhabwa amahirwe yo kwegukana iri rushanwa
9h 30 Mugisha Samuel yatobokesheje ipine
9h 30 Mugisha Samuel yatobokesheje ipine
10h 06 nibwo binjiye muri Nyungwe
10h 06 nibwo binjiye muri Nyungwe
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

mu by’ukuri umuntu watekereje kuzana tour du Rwanda I Rusizi ni intwari kuko urevye uburyo abantu ejo bari baryohewe ntibyari bisanzwe

kidanny yanditse ku itariki ya: 23-10-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka