Areruya Joseph na Mugisha Samuel bongerewe amasezerano muri Dimension Data

Abanyarwanda babiri bakina muri Dimension data yo muri Afurika y’epfo bamaze guhabwa andi masezerano y’umwaka muri iyi kipe yabigize umwuga yo muri Afurika y’epfo

Areruya na Mugisha (bari ibumoso) basinye amasezerano y'undi mwaka
Areruya na Mugisha (bari ibumoso) basinye amasezerano y’undi mwaka

Abo bakinnyi uko ari babiri bari bamaze umwaka bakinira iyo kipe, ariko amasezerano yabo yari yararangiye mu kwezi gushize, bakaba basinye amasezerano y’umwaka kuri uyu wa Gatanu

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka