Amwe mu mafoto meza yaranze isiganwa Nyanza-Rubavu

Isiganwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda "Tour du Rwanda 2017" kuri uyu wa kabiri ryari rigeze ku munsi wa gatatu, aho ryegukanywe n’Umusuwisi Simon Pellaud

Ku ntera ya Kilometero 180.6, abakinnyi 70 ni bo bahagurutse mu mujyi wa Nyanza berekezai Rubavu, aho banyuze mu bice bya Ruhango na Muhanga, bakomereza mu turere twa Nyabihu, Ngororero ndetse na Rubavu.

Muri izi nzira, Kigali Today yagiye ihafatira amafoto y’ubwiza butatse utwo duce, aho abasiganwa banyuraga, mu isiganwa ryaje kurangira ryegukanywe n’umusuwisi witwa Simon Pellaud
Amwe mu mafoto yaranze iri siganwa

Areruya Joseph watangiye isiganwa ari we uri imbere ku rutonde
Areruya Joseph watangiye isiganwa ari we uri imbere ku rutonde
Abafana buriye amazu maremare ya Rubavu ngo barebe uko isganwa risozwa
Abafana buriye amazu maremare ya Rubavu ngo barebe uko isganwa risozwa
Mu bice bya Nyabihu basatira Rubavu
Mu bice bya Nyabihu basatira Rubavu
Imisozi iteyeho icyayi, iri mu birangaza benshi
Imisozi iteyeho icyayi, iri mu birangaza benshi
Bisaba kujya ahirengeye kugira ngo iyi foto iboneke
Bisaba kujya ahirengeye kugira ngo iyi foto iboneke
Aha ni mu Rwanda
Aha ni mu Rwanda
Ku kirere gisa neza, ndetse n'ahantu hatoshye naho bahanyuze
Ku kirere gisa neza, ndetse n’ahantu hatoshye naho bahanyuze
Iyi misozi nayo inogeye ijisho bayinyonzemo
Iyi misozi nayo inogeye ijisho bayinyonzemo
GREENE Edward wa Lowestrates akurikiwe n'abanyarwanda
GREENE Edward wa Lowestrates akurikiwe n’abanyarwanda
Abakinnyi bakomoka muri Eritrea akenshi bafashanyaga
Abakinnyi bakomoka muri Eritrea akenshi bafashanyaga
Moto za Polisi zikurikirana amagare zinacunga umutekano wo mu muhanda
Moto za Polisi zikurikirana amagare zinacunga umutekano wo mu muhanda
Simon Pellaud wegukanye isiganwa yishimira intsinzi
Simon Pellaud wegukanye isiganwa yishimira intsinzi
Mu bice bya Mukamira hari haguye imvura nyinshi ariko
Mu bice bya Mukamira hari haguye imvura nyinshi ariko
Simon Pellaud wegukanye isiganwa
Simon Pellaud wegukanye isiganwa

Amafoto: Muzogeye Plaisir

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Amafoto nk’aya aba akenewe. Courage!

Mwembo yanditse ku itariki ya: 15-11-2017  →  Musubize

Kigalitoday ni iya mbere intembereje aho tour du Rwanda yanyuze hose niyicariye iwanjye!Bravo kuri Plaisir

amani yanditse ku itariki ya: 15-11-2017  →  Musubize

Aha Muzogeye Plaisir aba yakoze akazi!
courage musaza!

Rufonsi yanditse ku itariki ya: 14-11-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka